Umuraperi Kendrick Lamar ya kukumbye ibihembo byinshi muri Grammy Awards 2025.
Umuraperi w’Umunyamerika Kendrick Lamar wakurikiwe n’ibihe byiza nyuma yo kuva i Kigali mu 2023, ni we wegukanye ibihembo byinshi muri Grammy Awards 2025.
Uyu muraperi yari ahatanye mu byiciro birindwi by’ibi bihembo, yegukana bitanu muri byo abikesha indirimbo ‘Not Like Us’ yakoze mu 2024 yibasira mugezi we Drake.
Ibihembo yatwaye ni:
· SONG OF THE YEAR
· RECORD OF THE YEAR
· BEST RAP SONG
· BEST RAP PERFORMANCE
· BEST MUSIC VIDEO
Nyuma yo kwegukana ibi bihembo Kendrick Lamar yahise agwiza ibihembo 22 bya Grammys amaze kweguka mu rugendo rwe rwa muzika.
Kendrick Lamar kandi mu mpera z’iki cyumweru azataramira mu gitaramo cya “Super Bowl Halftime Show” ku wa 09 Gashyantare 2025.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show