English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria akavuga abatarimo Wizkid. Yavuze ko akunda Rema, Davido na Burna Boy. Yavuze ako abo yavuze abona barenze kubera ibintu bitatu; imbaraga bakoresha ku rubyiniro,kwicisha bugufi n’ubumenyi bafite ku bijyanye n’imyitwarire yo mu bitaramo. Benshi mu bafana ba Wizkid bitwa Wizkid Fc bari kumutera amabuye ku mbuga nkoranyambaga bitewe no kuba umuhanzi wabo ataje muri batatu bavuzwe na D’banj.



Izindi nkuru wasoma

Transfer ya Marcus Rashford muri Barcelona yajemo kidobya

Perezida Kagame yahuye n’uwahoze ayobora Nigeria

Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC, yagize ibyo avuga

Ukraine: Ibitero by’u Burusiya byahitanye abantu barindwi i Kyiv, abandi 22 barakomereka

Bugingo Hakim yerekeje muri APR FC nyuma yo kwigaragaza muri Rayon Sports



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:16:24 CAT
Yasuwe: 69


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Dbanj-yatunguye-abantu-ubwo-yavugaga-abahanzi-batatu-abona-bagezweho-muri-Nigeria.php