English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Kimenyi Yves n’umukunzi we bashize hanze I Tariki y’Ubukwe bwabo

 

 

 

 Umunyezamu w’Ikipe y’Iguhugu amavubi na As Kigali n’Umukunzi we  Uwase Muyango Claudine ,bamaze gushira hanze i Tariki  y’ubukwe bwabo.

Batangajeko ubukwe bwabo buzaba Tariki 6 Mutarama 2024 nkuko bigaragara kuneguza bashize hanze.

 

Hari hashize imyaka itanu bari mu rukundo ndetse ni myaka itatu Kimenyi yambitse Muyango Impeta ya Fiancailles.  Aba bombi basanzwe bafitanye umwana w’Umuhungu ufite imyaka ibiri babyaranye muri kanama  2021.

 

Kimenyi Yves yamamaye cyane mu mupira wa maguru mu Rwanda ,yaciye muri  APR FC,Rayon Sports,Kiyovu Sports ndetse no mu ikipe y’Igihugu amavubi.Ni mugihe Miss Uwase Muyango yamenyekanye ubwo yitabiraga  Miss Rwanda mu 2019 maze yegukana ikamba rya Nyampinga uberwa n’amafoto.



Izindi nkuru wasoma

Jennifer Lopez na Ben Affleck basabye gatanya ku isabukuru y’ubukwe bwabo.

Barack Obama yashize hanze urutonde rw'indirimbo zamunyuze mu mpeshyi ya 2024

Vital Khamere yashize hanze ibyo yaganiye na Tshisekedi nyuma yo kuva mu bitaro

RMB yahagaritse ibikorwa byo kohereza hanze amabuye y'agaciro azwi nka beryllium

NEC yashize hanze iby'agateganyo byavuze mu matora y'Abadepite



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-11-03 07:51:08 CAT
Yasuwe: 241


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Kimenyi-Yves-numukunzi-we-bashize-hanze-I-Tariki-yUbukwe-bwabo.php