MINISANTE imaze kwemeza ko abantu 6 bishwe na virusi ya Marburg.
Ejo ku wa 27 Nzeri 2024ni bwo Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE) yari yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye icyorerzo gishya giterwa na virusi ya Marburg (MINISANTE), ndetse icyiraho n’uburyo bwo kuyirinda inasobanura nuko ikwirakwizwa.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Nzeri 2024 Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko iki cyorerezo cya Marburg kuva cya jyera mu Rwanda abantu 20 bamaze ku yandura, mu gihe kimaze guhitana abantu batandatu.
MINISANTE kandi yanatangaje ko abahitanwe n’iyi ndwara n’abayanduye biganjemo abakora mu bitaro bya Leta n’ibyigenga.
Dr.Sabin Nsanzimana yatangaje ko ubu hari gukorwa mu maguru mashya ngo bashake abantu bose bahuye n’abamaze kwandura iyi ndwara kugira ngo bahabwe ubufasha byihutirwa. Yanongeye gusaba kandi kwirinda iki cyorezo cyane ko uwo gifashe kimuzahaza.
Ibi bitangajwe nyuma y’umunsi umwe gusa iyi Minisiteri ivuze ko iki cyorezo cyamaze kugera mu Rwanda.
Uko niko virusi ya Marburg igaragara mu byuma by'ikoranabuhanga.
Nsengimana Donatien.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show