English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Marina yahakanye urukundo hagati ye na Yvan Muziki

Umuhanzikazi Marina Deborah yahakanye ibyo gukundana na Yvan Muziki ashimangira ko nta n’umukunzi agira.

Marina mu kiganiro aherutse kugirana na radio Rwanda cyo kuwa 17 Mutarama 2024, yanihakanye ibivugwa ko adakora cyane kubera imbaraga zose yazishize mu rukundo.

Yagize ati "Abantu barabivuga ariko uriya musore ni inshuti yanjye, kandi ntabwo ntekereza ko umuntu

yaba ari inshuti yawe agukunda ngo yifuze ko ibintu byawe byapfa, sidukundana kandi nta mukunzi

mfite.’’

Yakomeje avuga ko atazi aho ayo makuru yo kuba yaragomeshejwe na yvan muziki , bigatuma adakora

ibikorwa bye bye bya muzika atazi aho byavuye.

Ati”sinzi inkomoko yabyo ariko ntekerezako byaturutse kuba barabonaga ntakora ibikorwa bya muzika

cyane kandi bigahora bivugwako twaba dukundana kuberako batubonana kenshi.”

Yabajijwe niba byanyabyo baba bakundana ,marina abihakana yivuye inyuma agira ati”oya ntabwo

dukundana njyewe nawe turi inshuti.”

Marina yavuze ku bivugwa mu rukundo rwe na  Yvan Muzika

Nyuma yibyo marina yavuze nokubikorwa ateganya muri uyu mwaka gushyira album ye yambere

hanze kandi agakora kumuvuduko abakunzi be bamwifuzaho kuko ubu afite umujyanama urikumufasha

mubikorwa bye bya burimunsi ariwe Alex muyoboke .

Mumikoranire ya marina na alex muyoboke yahise ivamo n`umushinga wokuba yarakoranye indirimbo

nshyahsy na ykee benda wo mu gihugu cyabaturanyi cya Uganda .

Yasoje agira ati “bakunzi banjye mwitegure ibikorwa byinshi cyane kandi byiza birenze ibyo mwabonye

Umuhanzikazi Marina Deborah yahakanye ibyo gukundana na Yvan Muziki

ashimangira ko nta n’umukunzi agira,ni mu kiganiro aherutse kugirana na radio Rwanda cyo kuwa 17 Mutarama 2024

yanihakanye ibivugwa ko adakora cyane kubera imbaraga zose yazishize mu

rukundo.

Yagize ati "Abantu barabivuga ariko uriya musore ni inshuti yanjye, kandi ntabwo ntekereza ko umuntu

yaba ari inshuti yawe agukunda ngo yifuze ko ibintu byawe byapfa, sidukundana kandi nta mukunzi

mfite.’’

Yakomeje avuga ko atazi aho ayo makuru yo kuba yaragomeshejwe na yvan muziki , bigatuma adakora

ibikorwa bye bye bya muzika atazi aho byavuye.

Ati”sinzi inkomoko yabyo ariko ntekerezako byaturutse kuba barabonaga ntakora ibikorwa bya muzika

cyane kandi bigahora bivugwako twaba dukundana kuberako batubonana kenshi.”

Yabajijwe niba byanyabyo baba bakundana ,marina abihakana yivuye inyuma agira ati”oya ntabwo

dukundana njyewe nawe turi inshuti.”

Nyuma yibyo marina yavuze nokubikorwa ateganya muri uyu mwaka gushyira album ye yambere

hanze kandi agakora kumuvuduko abakunzi be bamwifuzaho kuko ubu afite umujyanama urikumufasha

mubikorwa bye bya burimunsi ariwe Alex muyoboke .

Mumikoranire ya marina na alex muyoboke yahise ivamo n`umushinga wokuba yarakoranye indirimbo

nshyahsy na ykee benda wo mu gihugu cyabaturanyi cya Uganda .

Yasoje agira ati “bakunzi banjye mwitegure ibikorwa byinshi cyane kandi byiza birenze ibyo mwabonye



Izindi nkuru wasoma

USA yohereje amato rutura n'indege by'intambara mu burasirazuba bwo hagati mu gihe Iran ishaka kwiho

Patrick Muyaya yahakanye ibivugwa ko DRC iri mu mishikirano n'umutwe wa M23

Afurika y'Epfo:Hadutse umuriro hagati y'amashyaka abiri yemeye gusangira ubutegetsi

Imirwano hagati ya M23 na FARDC yahinduye isura

DRC:Imirwano hagati y'abasirikare n'abasivile yaguyemo abantu barindwi



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-01-19 18:19:22 CAT
Yasuwe: 139


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Marina-yahakanye-urukundo-hagati-ye-na-Yvan-Muziki.php