Moise Katumbi yavuze ko umujyanama we afashwe nabi muri gereza ya gisirikare
Umwe mu biyamamariza kuyobora DRC witwa Moise Katumbi yatangaje ko hari umwe mu bashigikiye ishaka rye wafunzwe akaba asaba ko yarekurwa ngo kuko bigaragara ko yafunzwe kubera ko ashigikiye ishaka rihanganye na Felix Tshisekedi.
Moise Katumbi yavuze ati"ndahamya ntashidikanya ko umujyanama wanjye Salomon Adi Kalonda afashwe nabi aho afungiwe kandi nabujijwe no kujya kumusura ibyo ashijywa byose sibyo".
Solomon yafashwe ashinjwa ubugambanyi,Moise Katumbi umukuru w'ishaka Ensemble La Republique yavuze ko igihe yajyaga kumusura yimwe uruhushya bamubwira ko nta wundi muntu wemerewe kujya kumusura.
Salomon yafashwe tariki ya 30 Gicurasi uyu mwaka ku kibuga cy'indege cya N'djili ahita ajya gufungirwa muri gereza ya gisirikare ya Ndolo.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show