English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

NEC yashize hanze iby'agateganyo byavuze mu matora y'Abadepite 

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Nyakanga, Komisiyo y'igihugu y'amatora NEC yatangaje imibare  y’agateganyo yavuye mu matora y'Abadipite yabaye ku wa 14-15 Nyakanga 2024.

Imibare yagaragaje ko Umuryango wa FPR Inkotanyi n’imitwe ya politike bifatanyije yagize amajwi 68.83%.

PL yagize 8.66%, PSD igira 8.62%, PDI igira  4.61%, DGPR-Green Party-Rwanda  ryagize 4.56% na ho PS Imberakuri ifite 4.51%.

Nsengiyumva Janvier wiyamamaje nk’umukandida wigenga yagize 0.21%.



Izindi nkuru wasoma

Tanzani: Umunyapolitiki Tundu ari mu mazi abira mbere y’amatora ya 2025

Ingabo z’u Rwanda n’Abanyarwanda baba hanze bafatanyije mu #Kwibuka31

Marine Le Pen nta zitabira amatora ya Perezida nyuma yo guhamwa n’icyaha

Ukraine ikeneye amasasu, si amatora - Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Ruslan Stefanchuk.

Uko washimisha uwawe ku munsi w’abakundana ‘Valentine day’ bitagusize hanze.



Author: Elysee Niyonsenga Published: 2024-07-18 14:33:40 CAT
Yasuwe: 245


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/NEC-yashize-hanze-ibyagateganyo-byavuze-mu-matora-yAbadepite-.php