English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

NESA yatangaje uko abiga mu mashuri yisumbuye bazasubira ku masomo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyashyize ahagaragara gahunda y’uko abanyeshuri biga bacumbikirwa bagomba gusubira ku mashuri mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2024/2025.

NESA yabitangaje kuri uyu was Gatatu tariki 16 Mata 2025, binyuze mu itangazo yashyize ahagaragara rigaragaza ko ingendo zizatangira ku wa 21 Mata kugeza 24 Mata 2025, ku banyeshuri bose biga mu bigo bibacumbikira.

Dore uko ingendo z’abanyeshuri ziteye

NESA irasaba ababyeyi n’abayobozi b’amashuri kubahiriza izi tariki kugira ngo hirindwe umuvundo n’umutekano mucye mu mihanda no ku mashuri.

Nsengimana Donatien



Izindi nkuru wasoma

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Kigali-Gakenke, ubu nturi nyabagendwa

Ibyo Kanye West yavuze kuri P Diddy byatangaje benshi

DRC yatangaje ko itishimiye uruzinduko rwakozwe n’abahagarariye Urwego rw’Akarere

Uko umugeni yibarutse ku munsi w’ubukwe bwe: Ibyakurikiyeho byatangaje benshi i Shangi

Icyo Kiliziya Gatorika yatangaje nyuma yuko RGB ihagaritse amasengesho yo kwa Yezu Nyirimpuhwe



Author: Nsengimana Donatien Published: 2025-04-16 15:15:25 CAT
Yasuwe: 243


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/NESA-yatangaje-uko-abiga-mu-mashuri-yisumbuye-bazasubira-ku-masomo.php