English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Uko TG Omori yamaze imyaka itanu akorera ubusa

Umuhanga mu gutunganya amashusho muri Nigeria, TG Omori yahishuye ko nubwo abantu bari bazi ko afata amashusho y’indirimbo z’abahanzi b’ibyamamare ariko yamaze imyaka itanu akora ako kazi adahembwa kugeza mu 2023. Yanavuze ko iyo myaka yose yikoragamo kugirango abashe gufata amashusho meza.

Mu 2023 nibwo Davido yigeze kubwira Beats Fm ikorera I Lagos ko yigeze kwishyura miliyoni 100 z’amanayira TG Omori kugirango akore amashusho ya’Jowo’. Kuva ubwo rero itara ryatangiye kwaka uyu mugabo atangira gukirigita ku manayira.



Izindi nkuru wasoma

Matthew David Hughes winjiriye Eminem yakatiwe imyaka 30

Impamvu y’ukuri itangaje yatumye Victoire afatwa n’ubushinjacyaha nyuma y’imyaka 7 arekuwe

Uko isoko rya Gisenyi rigiye gufungura imiryango nyuma y’imyaka 14 y’amacenga (Amafoto)

Kuki Burna Boy w'imyaka 34 y'amavuko adakozwa ibyo gushaka umugore?

Uko Fatakumavuta yakatiwe imyaka 2 n’igice n’ihazabu ya Miliyoni



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-10 12:03:43 CAT
Yasuwe: 105


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Uko-TG-Omori-yamaze-imyaka-itanu-akorera-ubusa.php