English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Mu Rwanda abantu icumi bamaze gupfa bazize virusi ya Marburg.

MINISANTE yatangaje ko umuntu umwe mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024, yishwe n’icyorezo cya Marburg, yuzuza umubare w’abantu icumi bamaze gupfa bazize icyo cyorezo.

Umubare w’abantu bamaze kwandura virus ya Marburg wiyongereyeho abantu 2 bose hamwe baba 29 hapfa n’undi 1 nk’uko byatangajwe n’inzego z’ubuzima kuri uyu wa Kabiri.

Amakuru mashya yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC, agaragaza ko abantu bamaze kwandura indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg, bamaze kugera kuri 29.

Nsengimana Donatien.



Izindi nkuru wasoma

Mu Rwanda 46 bamaze kwandura Virusi ya Marburg, 29 bari kwitabwaho n’abaganga.

DRC: Abantu 78 ni bo bamaze kumenyekana ko bahitanwe n’impanuka y’ubwato.

Ingabo z'u Rwanda zambitswe imidali y'ishimwe muri Santrafurika.

Undi muntu wa 12 yishwe na virusi ya Marburg mu Rwanda.

Doze 5000 nizo ikigo cya Gilead Sciences cyahaye u Rwanda mu rwego rwo kurwanya Marburg.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-02 07:54:04 CAT
Yasuwe: 24


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Mu-Rwanda-abantu-icumi-bamaze-gupfa-bazize-virusi-ya-Marburg.php