English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Perezida wa Burkina Faso, Ibrahim Traore yateye utwatsi icyifuzo cya Burna Boy

Perezida wa Burkina Faso, Ibrahim Traore yateye utwatsi icyifuzo cya Burna Boy cyo gutaramirayo ku ubuntu. Ni nyuma y’uko uwo muhanzi ukunzwe yari yifuje kuhakorera igitaramo k ubuntu muri uyu mwaka. Perezida Ibrahim yasobanuye ko igihugu cye muri ibi bihe kidakeneye ibirangaza abaturage.

Burna Boy yari yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze ati ‘’Niba bishoboka ndifuza gukora igitaramo cy’ubuntu muri Burkina Faso uyu mwaka. Imana ibimfashemo!”

Truligram yanditse ko perezida Ibrahim yasobanuye ko abaturage be badakeneye ibibarangaza muri ibi bihe.



Izindi nkuru wasoma

Perezida Kagame yakiriye Dr. Akinwumi wayoboye Banki Nyafurika Itsura Amajyambere

Fave mu myiteguro yo gushyira hanze album iriho Burna Boy

Perezida Kagame yahuye n’uwahoze ayobora Nigeria

Kuki Burna Boy w'imyaka 34 y'amavuko adakozwa ibyo gushaka umugore?

Uko Perezida Ndayishimiye akomeje kugambanira u Rwanda aha indaro abashaka kurusenya



Author: Nsengimana Donatien Chief Editor Published: 2025-05-29 12:18:08 CAT
Yasuwe: 134


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Perezida-wa-Burkina-Faso-Ibrahim-Traore-yateye-utwatsi-icyifuzo-cya-Burna-Boy.php