English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Rubavu: Byagenze gute ngo Polisi ifate umugore wari ufite litilo 1,760 z’inzoga z’inkorano.

Mu gikorwa gikomeje kurwanya ibyaha n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge, Polisi y’u Rwanda kubufatanye n’abaturage, yafashe umugore w’imyaka 41 mu Karere ka Rubavu, nyuma yo kumufata afite litilo 1,760 z’inzoga z’inkorano.

Izi nzoga zari zirimo gukwirakwizwa mu buryo butemewe, bikaba ari ingamba Polisi ifata mu gukumira ibikorwa bitemewe mu gihugu.

Polisi ikomeje urugamba rwo gukumira ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge n’inzoga zitemewe, ndetse igashishikariza abaturage kugira uruhare mu kurwanya ibikorwa nk’ibi.

Ubuyobozi burakangurira abaturarwanda gukomeza gufatanya na polisi mu kubungabunga umutekano no guhashya ibyaha byose.



Izindi nkuru wasoma

Rubavu: Byagenze gute ngo Polisi ifate umugore wari ufite litilo 1,760 z’inzoga z’inkorano.

Byagenze bite ngo umunyamakuru yirukanishije umukinnyi watsindaga ibitego muri Police FC.

Ubwicanyi bukomeye i Nyamasheke: Xavier yarashwe nyuma yo kwica umugore we n’umuturanyi.

Rubavu: Hari urujya n’uruza ku mupaka muto (Petite Barrière).

Icyakozwe ngo Polisi ifate ingunguru z’umusemburo wifashishwa mu gukora kanyanga.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-07 10:23:15 CAT
Yasuwe: 15


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Rubavu-Byagenze-gute-ngo-Polisi-ifate-umugore-wari-ufite-litilo-1760-zinzoga-zinkorano.php