English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Uko Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda yagaragaye kuri filime yitwa’Smurfs’

Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda no muri Congo, Lous and The Yakuza yakoze indirimbo yitwa’To Me’izifashishwa kuri filime ‘SMURFS’. Abanda bahanzi bazwi bayigizeho uruhare barimo;Rihanna,Tyla, Shensea, DJ Khaled, Natania, Card B n’abandi.

Indirimbo zizakoreshwa kuri iyi filime zakorewe muri Roc Nation Records. Umushinga wa filime ushyirwa mu bikorwa na Paramount Animation, ishami rya Paramount Pictures Corporation. Ku bakunzi ba filime rero iyi bayitegereze ku itariki 13 Kamena 2025.

 

Ku bakunzi ba filime rero iyi bayitegereze ku itariki 13 Kamena 2025.



Izindi nkuru wasoma

Teta Christa wabyaranye na Yago yamusezeye kuri telefoni

U Rwanda rwifatanyije na Qatar nyuma y’igitero cya Misile Iran yarashe ku Kigo cya Gisirikare

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y'UMUTUNGO UHEREREYE RUHANGO WAGURA KURI MAKE

Impamvu y’ukuri itangaje yatumye Victoire afatwa n’ubushinjacyaha nyuma y’imyaka 7 arekuwe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Kigali-Gakenke, ubu nturi nyabagendwa



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-04 10:27:21 CAT
Yasuwe: 152


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Uko-Umubiligi-ufite-inkomoko-mu-Rwanda-yagaragaye-kuri-filime-yitwaSmurfs.php