English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

APR FC yerekeje ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari nyuma yo gutsina AS Kigali ibitego 2-0.

APR FC yerekanye ko ikomeye mu irushanwa ry’Igikombe cy’Intwari nyuma yo kunyagira AS Kigali ibitego 2-0 mu mukino wakiniwe kuri Kigali Pelé Stadium.

Uyu mukino wagaragaje imbaraga z’iyi kipe ndetse n’umuhate wo gukomeza gushaka kwegukana iri rushanwa.

Ibitego byombi bya APR FC byatsinzwe na Denis Omedi ku munota wa 57 na Niyibizi Ramadan ku munota wa 70, byatumye iyi kipe yegukana intsinzi ikomeye.

Umukino waranzwe no guhangana gukomeye, ariko APR FC yagaragaje ko ifite abakinnyi bafite ubuhanga n’amayeri yo kuyobora umukino.

Ubu amaso yose ahanzwe umukino  uhuza Police FC na Rayon Sports, aho ikipe izahura na APR FC izamenyekana.



Izindi nkuru wasoma

Byasabye iminota 120 kugira ngo APR FC imanike igikombe cy’Intwari.

Urubyiruko 33 rwahawe Miliyoni 170 Frw nyuma yo guhugurirwa mu mahanga.

M23 irakurikizaho iki nyuma yo gufata no kugenzura umujyi wa Goma muri DRC.

Amerika yafashe icyemezo gikakaye nyuma y’ibitero byagabwe kuri Ambasasde yabo muri DRC.

Kenya hari umwuka mubi nyuma y’icyemezo cyogukuraho ifunguro ry’ubuntu ku basirikare.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-01-28 17:23:30 CAT
Yasuwe: 32


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/APR-FC-yerekeje-ku-mukino-wa-nyuma-wigikombe-cyIntwari-nyuma-yo-gutsina-AS-Kigali-ibitego-20.php