English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Ibyo Perezida Donald Trump yasubije nyuma yo kubazwa niba azababarira P Diddy

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yabajijwe niba azababarira P.Diddy uri muri gereza aho akurikiranyweho ibyaha bishobora kumugumisha mu nzu y’imbohe ubuzima bwose igihe yabihamwa.

Donald Trump rero aganira na Forbes yasobanuye ko yiteguye kubabarira umunywanyi we wo kuva kera dore ko yajyaga yitabira ibirori byategurwaga na P.Diddy.



Izindi nkuru wasoma

Perezida Kagame yakiriye Dr. Akinwumi wayoboye Banki Nyafurika Itsura Amajyambere

Perezida Kagame yahuye n’uwahoze ayobora Nigeria

Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC, yagize ibyo avuga

U Rwanda rwifatanyije na Qatar nyuma y’igitero cya Misile Iran yarashe ku Kigo cya Gisirikare

Bugingo Hakim yerekeje muri APR FC nyuma yo kwigaragaza muri Rayon Sports



Author: Nsengimana Donatien Chief Editor Published: 2025-05-31 15:13:02 CAT
Yasuwe: 146


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyo-Perezida-Donald-Trump-yasubije-nyuma-yo-kubazwa-niba-azababarira-P-Diddy.php