"Libani ntishobora guhinduka Gaza nshya." Emmanuel Macron.
Bitewe n’intambara ikomeje kubera muri Liban ndetse n’ahani hose ingabo za Israel zigomeje kugaba ibitero biremereye , bigahitana ubuzima bw’abaturage.
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yasabye ko habaho guhagarika guha intwaro Israel zo gukoresha muri mu bikorwa byayo by’umwihariko muri Gaza .
Macron kandi yanenze icyemezo cya Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu cyo kuba yaragabye ibitero ku butaka bwa Libani.
Akomeza avuga ko Libani idashobora kongera guhinduka nk’uko yahoze. Ati’’Libani ntishobora guhinduka Gaza nshya."
Mu kiganiro yahaye Televiziyo ya Inter yo mu Bufaransa, yagize ati: "Ntekereza ko tutumvwa. Ntekereza ko ari amakosa harimo no ku mutekano wa Israel."
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show