English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

"Libani ntishobora guhinduka Gaza nshya." Emmanuel Macron.

Bitewe n’intambara ikomeje kubera muri Liban ndetse n’ahani hose ingabo za Israel zigomeje kugaba ibitero  biremereye , bigahitana ubuzima bw’abaturage.

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yasabye ko habaho guhagarika guha intwaro Israel zo gukoresha muri mu bikorwa byayo by’umwihariko muri Gaza .

Macron kandi yanenze icyemezo cya Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu cyo kuba yaragabye ibitero ku butaka bwa Libani.

Akomeza avuga ko Libani  idashobora kongera guhinduka nk’uko yahoze. Ati’’Libani ntishobora guhinduka Gaza nshya."

Mu kiganiro yahaye Televiziyo ya Inter yo mu Bufaransa, yagize ati: "Ntekereza ko tutumvwa. Ntekereza ko ari amakosa harimo no ku mutekano wa Israel."



Izindi nkuru wasoma

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu ntavuga rumwe na Perezida Macron.

"Libani ntishobora guhinduka Gaza nshya." Emmanuel Macron.

‘’Igifaransa kidufasha gukorana imishinga no guhanga udushya’’ Emmanuel Macron.

Perezida Emmanuel Macron azakira mu biro bye Félix Tshisekedi na Paul Kagame i Paris.

Ndashaka gutangaza ko ntazagaragara kuri ballot paper muri 2026 - Gen.Muhozi.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-06 10:07:07 CAT
Yasuwe: 12


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Libani-ntishobora-guhinduka-Gaza-nshya-Emmanuel-Macron.php