English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Urukiko rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire Sergeant Minani warashe abantu 5.

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire urubanza rwa Sergeant Minani Gervais, ukurikiranyweho kurasa abaturage batanu mu Karere ka Nyamasheke. Iburanisha riri kubera mu Kagari ka Rushyarara, mu Murenge wa Karambi, aho icyaha cyakorewe ku wa 14 Ugushyingo 2024.

Minani Gervais yajuriye nyuma yo guhamwa n'ibyaha bitatu, agakatirwa igifungo cya burundu no kwamburwa impeta zose za gisirikare. Mu rubanza rwe, yagaragaje ko atari ku rwego rwo kugirirwa icyo cyaha, kandi akomeje kugaragaza impamvu zifatika ku byaha byahawe inkundura mu gihugu.

Biteganyijwe ko uru rubanza ruzakomeza gukurikiranwa n'inkiko, bikaba byitezwe ko bizatanga isomo mu guharanira ubutabera no gukurikiza amategeko.



Izindi nkuru wasoma

USA: Trump yashyiriyeho ibihano bikarishye urukiko rukomeye ku Isi arushinja ibyaha bikakaye.

FARDC irashinjwa kurasa mu baturage ikoresheje indege za gisirikare.

Urukiko rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire Sergeant Minani warashe abantu 5.

Ikindi gihugu gikomeye mu byagisirikare cyafashe umwanzuro ukomeye muri Congo.

Hafashwe abantu 7 bakekwaho kwiba no gucuruza ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni 150 Frw.



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-06 11:05:45 CAT
Yasuwe: 36


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Urukiko-rwa-Gisirikare-rwatangiye-kuburanisha-mu-bujurire-Sergeant-Minani-warashe-abantu-5.php