Liban ikomeje kuba isibaniro ry’intambara, Israel yakamejeje igombe ihagarike Hezbollah.
Kugeza ubu umutwe wa Hezbollah umaze iminsi irindwi uraswaho ubutitsa nigisirikare cya Israel uri gutegura ikintu gikomeye gishobora kugirira nabi abasirikare ba Israel.
Umuyobozi wungirije wa Hezbollah avuga ko biteguye kugaba ibitero ku butaka bwa Israel, mu gihe Israel ikomeje ibitero by’indege muri Libani initegura intambara yeruye kuri iki gihugu.
Umuyobozi wo mu rwego rwo hejuru kuva Israel yakwica umuyobozi wa Hezbollah, Hassan Nasrallah, Naim Qassem yavuze ko intambara ishobora kuba ndende.
Mu gihe kurundi ruhande Minisitiri w’ingabo muri Israel, Yoav Gallant, yabwiye ingabo ziri hafi y’umupaka wa Liban kwitegura gukoresha ingufu "mu kirere, mu nyanja, no ku butaka".
Abahanga mu gusesengura intambara bakavuga ko Israel yaba iri gutegura intambara yeruye kuri Liban.
Amakuru dukesha BBC avuga ko umuyobozi w’itsinda rya Hezbollah yishwe n’ibitero by’indege bya Israel mu majyepfo ya Liban.
Muri Liban, abayobozi bavuga ko mu byumweru bibiri bishize hapfuye abantu barenga 1.000, mu gihe abantu bagera kuri miliyoni ubu bamaze guta ibyabo
.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show