English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Urwego rwa DASSO rwungutse abandi bashya barenga 340

Abasore n’inkumi 349 basoje amasomo y'amezi atatu y’ibanze abinjiza mu rwego rwunganira uturere gucunga umutekano (DASSO).

Aya masomo bayaherewe mu Ishuri ry’Amahugurwa rya Polisi riri i Gishari mu Karere ka Rwamagana, yibanze ku birimo imyitozo ngororamubiri, ay’imyitwarire, ubumenyi bwo gukoresha intwaro, ubwirinzi budakoresha intwaro, ubutabazi bw’ibanze n'imikoranire n’izindi nzego ndetse n’abaturage.

Abasoje aya masomo bavuga ko amasomo bahawe azabafasha kurwanya ibyaha bigaragara hirya no hino mu turere birimo amakimbirane mu miryango, urugomo no gukoresha ibiyobyabwenge.



Izindi nkuru wasoma

Kigali:Abantu batatu baguye mu mpanuka y’Imodoka abandi barakomereka

Abahanzi nka Riderman,Platin P, Bull Dog n'abandi benshi bagiye gutaramira ku Kivu

Rusizi:Habonetse umurambo wa DASSO bikekwaho yaba yishwe

DRC:Ubwato bwarohamye abarenga 100 baburirwa irengero

Nyamasheke:Impanuka y'imodoka yahitanye umuntu umwe abandi 27 barakomereka



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-07-26 08:46:46 CAT
Yasuwe: 68


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Urwego-rwa-DASSO-rwungutse-abandi-bashya-barenga-300.php