APR FC yerekanye umutoza wayo mushya usimbura Thierry Froger
Ikipe ya APR FC yamaze kwemeza umutoza wayo mushya Umunya-Seribia Drako Novic uje asimbura Umufaransa Thierry Froger uherutse gutandukana na APR FC mu mwaka w'imikino wa 2023/2024.
Aya makuru yemejwe n'Ubuyobozi bwa APR FC kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Kamena binyuze ku mbugankoranyambaga zayo mu gihe bimaze iminsi bivugwa na benshi ko ariwe uzaza gutoza iyi kipe.
Amakuru avuga ko Darko yasinye amasezerano y'imyaka itatu azagera mu 2027 akaba agomba gufasha ikipe y'ingabo z'u Rwanda kugera mu mikino Nyafurika ya CAF Champions League.
Darko Novic w'imyaka 52 yatoje amakipe arimo ES Setif Monastir yo muri Tunisia n'ikipe y'igihugu ya Libya.
Ubwo yatozaga ES Setif Monastir yabashije gusezerara APR FC muri CAF Confederations Cup ya 2022/2023.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show