English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Rubavu:Abiganjemo abakora ingengo nyambukiranyamupaka bahawe inyingo zaMpox.

Mu Karere ka Rubavu by’umwihariko abagereye umupaka uhuza Rubavu-Goma bakora  ingendo nyambukiranyamupaka batangiye guhabwa inkingo za Mpox.

Abaturage bamaze guhabwa inkingo za Mpox barashimira Leta y’u Rwanda yabegereje inkingo kuba bagaragaza ko nabo ubwabo bari bafite impungenge nyinshi kuri iki cyorezo kimaze guhitana abatari bake muri Congo.

Mugace ka Kanembwe ahatuwe n’abaturage  benshi bakora ibikorwa nyambukiranyamupaka wa Rubavu, abaforomo begereye abaturage maze babashyikiriza inkingo za Mpox, aho ku ikubitiro abantu 50 bahise bakingirwa.

Ushinzwe ikingira mu kigo nderabuzima cya Gacuba mu murenge wa Gisenyi Bwana  Mukeshimana Jean Pierre yagiriye inama abakingiwe yo gukomeza ingamba zibafasha kwirinda kwandura.

 



Izindi nkuru wasoma

Rubavu:Abiganjemo abakora ingengo nyambukiranyamupaka bahawe inyingo zaMpox.

Abaturage bo mu cyaro cya Liria bahawe serivise z'ubuvuzi n'ingabo z'u Rwanda

Abasoje amasomo mu Itorero indangamirwa ikiciro cya 14 bahawe impanuro na Minisitiri w'intebe

Guverinoma yatangaje impinduka mu misoro mu mwaka w'ingengo y'imari wa 2024/25

Ingengo y'imari igenerwa abafite ubumuga igiye gukubwa gatatu



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-09-20 21:34:54 CAT
Yasuwe: 7


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/RubavuAbiganjemo-abakora-ingengo-nyambukiranyamupaka-bahawe-inyingo-zaMpox.php