English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Rwamagana: Biravugwa ko yabanje gusambanywa.

Mu Karerere ka Rwamagana mu gitondo cyo kuri uyu Kabiri tariki ya 1 Ukwakira 2024,hamenyekanye urupfu rw’umugore witwa Bihoyiki uri mu kigero cy’imyaka 35 bivugwa ko yishwe nyuma yo gusambanywa n’abantu bataramenyekana .

Abaturiye umudugudu wa Gahonogo, babwiye itangazamakuru ko Bihoyiki wabaga mu nzu nto aho nyina atuye, bamenye urupfu rwe nyuma y’uko umwana we w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 15 y’amavuko, usanzwe ajya kuraza nyirakuru, yazindutse agiye kuganira nawe ku kibazo uwo mwana we yarafite agaruka abwira nyirakuru ko nyina yapfuye.

Umuturanyi waBihoyiki yavuze ko Bihoyiki yishwe nyuma y’umunsi atewe n’abantu batamenyekanye bashatse kumwica ariko atabarwa n’abaturanyi be abo bashakaga kumwica bakiruka ariko ntibanamenyekana .



Izindi nkuru wasoma

Rwamagana: Biravugwa ko yabanje gusambanywa.

Uwari umuyobozi mukuru wa Hezbollah Hassan Nasrallah biravugwa ko yivuganwe na Israel.

Beni:Abasivile barenga 20 biravugwa ko bishwe na ADF

Rwamagana:RBC yahwituye abagiterwa ipfunwe no kujya kugura udukingirizo

Rwamagana:Urubyiruko rwakanguriwe kwipimisha Virusi Itera SIDA



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-10-01 17:13:11 CAT
Yasuwe: 19


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Rwamagana-Biravugwa-ko-yabanje-gusambanywa.php