English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Turukiya: Indi mitingito mishya yongeye kumvikana inahitana  abantu batatu.

 

 Imutingito  ifite igipimo cya  6.4 yabaye isaambiri  z’ijoro mu masaha yo muri ik’igihugu (ni ukuvuga saamoya mu masaha ya Kigali), yakurikiwe n’iyindi ipima  5.8 inyuma y’iminota itatu gusa.

 

Aba bantu batatu bapfuye ni abo ahitwa Antakya, Defne, na Samandag, ndetse leta ya turukiya ikomeje gusaba abantu kutinjira munzu mu buryo bwo kwirinda akaga kakomeza guterwa n’indi mitindito yakurikira. Ni mu gihe ubutabazi bukoimeje gukorwa muri ibi bihigu bya turukiya na Syria .

Abantu bamwe bakomeje kurokorwa bagakurwa mu binonko by’amazu ari bazima mu gihe abandi bakomeje kuhaburira ubuzi.

 Abantu bamaze guhitanwa n’imitingito  muri Turukiya na Syria barenga  ibihumbi 44.000 abandi bavuye mu byabo kubera ko amazu yabo yangiritse .



Izindi nkuru wasoma

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rwatubye Abdule yabonye indi kipe.

DRC: Amasu n’ibiturika byinshi byongeye kumvikana muri Rutshuru.

Kigali:Abantu batatu baguye mu mpanuka y’Imodoka abandi barakomereka

Burundi:Abantu 171 bamaze kwandura icyorezo cy'ubushita bw'inkende

Imirwano yongeye kubura muri DRC mu gihe ibiganiro bigamije amahoro byakomeje muri Angola



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-02-21 10:46:43 CAT
Yasuwe: 323


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Turukiya-Indi-mitingito-mishya-yongeye-kumvikana-inahitana--abantu-batatu.php