English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Uganda:Umugore w’imyaka 70 yibarutse impanga.

 

Umubyeyi wo muri Uganda witwa Namukwaya Safina yabyaye afite imyaka 70 y’amavukao nyuma yuko akorewe ibizwi nka ‘IVF treatment’, uburyo bwo guhuriza hamwe inanga muri Laboratwari urusoro rugahurizwa mu nda y’umubyeyi rugakuriramo.

Ibitaro byo muri Uganda byitwa ‘Women’s Hospital Intanational and Fertility Centre Uganda’ nibyo byakurikiranye uyu mubyeyi mu rugendo rwose yanyuzemo kugirango abyare neza.

Uyu mubyeyi yatangaje ko hari undi mwana yabyaye mu 2020 w’umukobwa witwa Sarah,kuri iyi nshuro yabyaye abandi bana babiri b’impanga.

Namukwaya yavuze ko yahuye n’ibibazo atwitwe kuko se wabo bana yamutaye atwite,yavuze ko abagabo badakunda kumva ko ugiye kubyara umwana urenze umwe.

Impamvu yatumye ashaka abana akuze ngo nuko yagiye apfusha abana mu myaka yashize ndetse aza no gupfusha umugabo we mu 1990.kuva ubwo yatangiye guhabwa akato kuberako nta mwana yari afite.

Uyu mugore ari mu babyaye bakuze,nyuma yuko Erramatti Mangayamma wo mubuhinde abyaye afite imyaka 74, akaba ari nawe ufite ako gahigo ko kuba ariwe wabyaye afite imyaka myinshi kw’Isi

 

Umubyeyi wo muri Uganda witwa Namukwaya Safina yabyaye afite imyaka 70 y’amavukao nyuma yuko akorewe ibizwi nka ‘IVF treatment’, uburyo bwo guhuriza hamwe inanga muri Laboratwari urusoro rugahurizwa mu nda y’umubyeyi rugakuriramo.

Ibitaro byo muri Uganda byitwa ‘Women’s Hospital Intanational and Fertility Centre Uganda’ nibyo byakurikiranye uyu mubyeyi mu rugendo rwose yanyuzemo kugirango abyare neza.

Uyu mubyeyi yatangaje ko hari undi mwana yabyaye mu 2020 w’umukobwa witwa Sarah,kuri iyi nshuro yabyaye abandi bana babiri b’impanga.

Namukwaya yavuze ko yahuye n’ibibazo atwitwe kuko se wabo bana yamutaye atwite,yavuze ko abagabo badakunda kumva ko ugiye kubyara umwana urenze umwe.

Impamvu yatumye ashaka abana akuze ngo nuko yagiye apfusha abana mu myaka yashize ndetse aza no gupfusha umugabo we mu 1990.kuva ubwo yatangiye guhabwa akato kuberako nta mwana yari afite.

Uyu mugore ari mu babyaye bakuze,nyuma yuko Erramatti Mangayamma wo mubuhinde abyaye afite imyaka 74, akaba ari nawe ufite ako gahigo ko kuba ariwe wabyaye afite imyaka myinshi kw’Isi



Izindi nkuru wasoma

Nyirikimero "Yolo The Queen" yemeje neza ko yibarutse

Kamonyi:Umugabo w’imyaka 56 yapfiriye ku mupfumu

Rubavu:Abagizi ba nabi bishe umubyeyi w’imyaka 34

Gakenke: Umusore yaguwe gitumo ari gusambanya umwana w’imyaka irindwi

Rusizi:Umwarimu yafatiwe mu ishyamba ari gusambanya umwana w’imyaka 15



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-12-01 13:31:06 CAT
Yasuwe: 114


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/UgandaUmugore-wimyaka-70-yibarutse-impanga---.php