Uganda:Umugore w’imyaka 70 yibarutse impanga.
Umubyeyi wo muri Uganda witwa Namukwaya Safina yabyaye afite imyaka 70 y’amavukao nyuma yuko akorewe ibizwi nka ‘IVF treatment’, uburyo bwo guhuriza hamwe inanga muri Laboratwari urusoro rugahurizwa mu nda y’umubyeyi rugakuriramo.
Ibitaro byo muri Uganda byitwa ‘Women’s Hospital Intanational and Fertility Centre Uganda’ nibyo byakurikiranye uyu mubyeyi mu rugendo rwose yanyuzemo kugirango abyare neza.
Uyu mubyeyi yatangaje ko hari undi mwana yabyaye mu 2020 w’umukobwa witwa Sarah,kuri iyi nshuro yabyaye abandi bana babiri b’impanga.
Namukwaya yavuze ko yahuye n’ibibazo atwitwe kuko se wabo bana yamutaye atwite,yavuze ko abagabo badakunda kumva ko ugiye kubyara umwana urenze umwe.
Impamvu yatumye ashaka abana akuze ngo nuko yagiye apfusha abana mu myaka yashize ndetse aza no gupfusha umugabo we mu 1990.kuva ubwo yatangiye guhabwa akato kuberako nta mwana yari afite.
Uyu mugore ari mu babyaye bakuze,nyuma yuko Erramatti Mangayamma wo mubuhinde abyaye afite imyaka 74, akaba ari nawe ufite ako gahigo ko kuba ariwe wabyaye afite imyaka myinshi kw’Isi
Umubyeyi wo muri Uganda witwa Namukwaya Safina yabyaye afite imyaka 70 y’amavukao nyuma yuko akorewe ibizwi nka ‘IVF treatment’, uburyo bwo guhuriza hamwe inanga muri Laboratwari urusoro rugahurizwa mu nda y’umubyeyi rugakuriramo.
Ibitaro byo muri Uganda byitwa ‘Women’s Hospital Intanational and Fertility Centre Uganda’ nibyo byakurikiranye uyu mubyeyi mu rugendo rwose yanyuzemo kugirango abyare neza.
Uyu mubyeyi yatangaje ko hari undi mwana yabyaye mu 2020 w’umukobwa witwa Sarah,kuri iyi nshuro yabyaye abandi bana babiri b’impanga.
Namukwaya yavuze ko yahuye n’ibibazo atwitwe kuko se wabo bana yamutaye atwite,yavuze ko abagabo badakunda kumva ko ugiye kubyara umwana urenze umwe.
Impamvu yatumye ashaka abana akuze ngo nuko yagiye apfusha abana mu myaka yashize ndetse aza no gupfusha umugabo we mu 1990.kuva ubwo yatangiye guhabwa akato kuberako nta mwana yari afite.
Uyu mugore ari mu babyaye bakuze,nyuma yuko Erramatti Mangayamma wo mubuhinde abyaye afite imyaka 74, akaba ari nawe ufite ako gahigo ko kuba ariwe wabyaye afite imyaka myinshi kw’Isi
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show